Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Abayobozi b’Ibigo nderabuzima mu Ntara y'Amajyepfo, basabye Ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kujya cyishyurira babyeyi bitegura kubyara bagana ibigo nderabuzima, bashyirwa muri ...
Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Abagize ihuriro ry'abashakashatsi n'inararibonye mu nzego zitandukanye zirimo iz'umutekano, siyansi n'ubuzima, baremeza ko ubufatanye ari ingenzi kugira ngo bahore biteguye guhangana n’icyahungabanya ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
RBA HAFI YAWE ...
Kuri iki cyumweru Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari kumwe na Gen. Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rwihariye mu Rwanda bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free ...
Abaturage bo mu bice bimwe na bimwe byo mu Mujyi wa Musanze basabye ubuyobozi bwabo kubafasha gukemurirwa ikibazo cyo kutagira ihuzanzira rya telefoni rinoze kuko bikoma mu nkokora iterambere ryabo.
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, RP (Rwanda Polytechnic) kurangwa n’indangagaciro no kubyaza umusaruro ...
Kuri uyu wa Mbere, Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye, aho Lambert Dushimimana yagizwe Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba, Tessi Rusagara agirwa Umuyobozi Mukuru ...
Perezida Paul Kagame avuga ko u Rwanda rushyigikiye byimazeyo, Ikigo cy’Icyitegererezo cy’Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, cyatashywe kuri uyu wa Kabiri i Lyon mu Bufaransa.
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results